13% by’abagabo bashobora gusimbuza ihuzabitsina agatama

Publié le par OLIVIER

Muri Royaumes Unis, ubushakashatsi buherutse kuhakorerwa bwerekanye ibintu bimwe na bimwe abantu babajijwe bashobora gusimbuza ihuzabitsina bakarivaho burundu.

Ibarura riherutse gukorwa n’urubuga Limelife, abagabo n’abagore bari tayari kuba basimbuza ihuzabitsina ibintu bimwe na bimwe. Abagera kuri 82% by’ababajijwe bari abagore naho 18% bari abagabo, icyaje gutangaza abatari bake ni uko ibisubizo bijya gusa ku mpande zombi.

Ibisuzo byari biteye bitya ku bagore:

35% byabo barigurana kugira umukunzi,

25% byabo barigurana BMW nshya,

9% byabo barigurana chocolat,

7% byabo barigurana Inzoga,

5% byabo barigurana Facebook.

Ibisubizo byari biteye bitya ku bagabo:

30% byabo barigurana kugira umukunzi,

27% byabo barigurana BMW muryerye,

13% byabo barigurana Inzoga,

10% byabo barigurana Facebook,

9% byabo barigurana cell phone.

Publicité
Pour être informé des derniers articles, inscrivez vous :
Commenter cet article