Top articles

  • Loni yafatiye imyanzuro M23

    21 novembre 2012

    Akanama ka Loni kateranye igitaraganya mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, nyuma y'ifatwa rya Goma aho hafashwe bireba M23 biyisaba kuva nta yandi mananiza kuva mu Mujyi wa Goma ndetse no gushyira intwaro hasi. Loni yashinje M23 kwibasira abasivili ndetse...

  • Vertical Farming : Uburyo bwo guhinga no kororera mu magorofa maremare

    10 septembre 2011

    Muri iki gihe umubare w’abatuye isi wiyongera kandi ubutaka bwo bukagumana ingano yabwo, ahubwo bukanarushaho kwangirika no gutakaza ububasha bwabwo mu gutanga umusaruro, benshi bakomeje kwibaza uko bizagenda mu myaka iri imbere, dore ko nko mu mwaka...

  • Yavuze amasaha 14 kugira ngo adafungwa!

    01 janvier 2011

    Ubwo yaburanaga, umugabo Walter Koenig ufite ubwenegihugu bw’ u Budage yagerageje uburyo ashoboye bwose ngo arebe ko yatsinda urubanza akarokoka bityo ntafungwe... maze avuga adaca igihe cy’amasaha 14. Ibi bikaba byarabereye mu Budage, mu rukiko rwa Fribourg,...

  • Bashyingiwe bambaye ubusa

    22 avril 2011

    Kelly Clinton na Leeiggets bashyingiwe bambaye ubusa mu ruhame nyuma yo kwemera kwitabira amarushanwa ya Radio yo mu Bwongereza yo gusezerana bambaye ubusa. Ibi bakaba barabikoze ahanini kubera ko bari bamaze imyaka igera kuri 11 barabuze ubushobozi bwo...

  • Bashyingiwe bambaye ubusa

    24 mars 2011

    Kelly Clinton na Leeiggets bashyingiwe bambaye ubusa mu ruhame nyuma yo kwemera kwitabira amarushanwa ya Radio yo mu Bwongereza yo gusezerana bambaye ubusa. Ibi bakaba barabikoze ahanini kubera ko bari bamaze imyaka igera kuri 11 barabuze ubushobozi bwo...

  • Mu dushya twagaragaye mu gitaramo cya Dominic Nic higanjemo ibitutsi bitagira ingano!

    01 janvier 2011

    Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki ya 19 Ukuboza 2010, rwari rwambikanye ubwo umuhanzi Dominic Nic yashyiraga ahagaragara amashusho ya album ye yise Ari Kumwe Natwe. Icyo gitaramo cyaryohejwe n’ uburyo nyirubwite yagiteguranye ubuhanga n’ ubwitonzi...

  • Ese urukundo rukoreshejwe internet ruraramba ?

    25 octobre 2010

    Abantu benshi baraza kwibaza ngo urukundo rukoresheje internet ni ibiki ? Nyamara iki ni ikibazo abantu benshi muri iyi minsi basigaye bahura nacyo kandi kirabakomereye muri make kuko kubwabo bumva internet ikomeje kubabuza uburenganzira bwabo cywangwa...

  • Bimwe kubyo waba wibaza ku ngagi

    19 juillet 2012

    Mu guhe mu Rwanda buri mwaka hashyizweho umunsi wo kwita izina abana b’ingagi baba baravutse, bamwe mu bantu bagenda bibaza impamvu y’ibi ndetse n’igituma izi nyamaswa zikomeje guteteshwa hibazwa itandukaniro ryazo n’izindi nyamaswa ziboneka mu Rwanda....

  • Umwana wawe arashaka kuba umusitari. Wabyitwaramo ute?

    25 octobre 2010

    Rimwe na rimwe mu buzima hari igihe ibintu bigenda uko utabiteganyije. Nko ku babyeyi bo rwose bakunze gutungurwa n’ibyo abana babo bakora, ndetse n’ibyemezo bafata iyo batangiye gukura. Iyo umwana wawe yavutse waramupangiye ubuzima akenshi aragutenguha...

  • Wabigenza ute uhuye n 'umukobwa witwara nabi, wataye umuco?

    25 octobre 2010

    Mu minsi yashize nagize urugendo mu gihugu cy'amavuko ubwo nari maze igihe kinini ntahaba , gusa icyantunguye ni uko ibyo nabonye byanyeretse ko umuco wacu watakaye cyane. Sinkuze ngo nzi neza iby'umuco gusa nakuze batubwira ko umwari hari ibimuranga...

  • INATEK: barishimira ko bahawe uburenganzira bwo gutanga impamyabumenyi

    14 octobre 2010

    * Abanyarwanda baturuka mu cyaro mbere yo kwerekeza mu mujyi. * Iri shuli ngo ryagiyeho kugirango rifashe abatari barabonye amahirwe n’ubushobozi bwo kwiga za kaminuza. * Iri shuli ryatangiye muwi 2003 ryigamo abanyeshuli 356 ubu rikaba ryigamo abasaga...

  • Mfasha twibukiranye amwe mu magambo yavuzwe cyane muri uyu mwaka wa 2010

    01 janvier 2011

    Mfasha twibukiranye amwe mu magambo yavuzwe cyane muri uyu mwaka wa 2010 posted on Dec , 31 2010 at 21H 32min 25 sec viewed 2042 times Bijya bibaho ko abantu bicara bagasubiza amaso inyuma bakareba ibyo bagezeho bakabyishimira ndetse n’ ibyabananiye ngo...

  • Mu mirwano y’ingabo za Congo na M23 hari ibisasu byaguye ku butaka bw’u Rwanda

    16 novembre 2012

    Nyuma y’aho imirwano hagati y’ingabo za Congo n’Umutwe wa M23 yongeye kubura, kuri ubu haravugwa ibisasu bya rutura bigera ku munani byaguye ku butaka bw’u Rwanda. Umunyamakuru wa IGIHE, uri hafi y’umupaka w’u Rwanda na Congo yabashije kugera hamwe mu...

  • Ubukwe 14 bwa mbere bwatwaye amafaranga menshi ku isi

    22 avril 2011

    Nk’uko bimenyerewe umunsi w’ubukwe uri mu minsi yitegurwa cyane kandi bukanatangwaho amafaranga menshi, hakaho gukora iyo bwabaga kuri ba nyirabwo ngo babone ibirori byagenda neza. Ni muri urwo rwego urubuga AFP rwabateguriye urutonde rw’amakwe 15 ya...

  • Haba hari uburyo abagore bibagisha amabere bagashyiramo bombe

    30 avril 2010

    Ubu ni ubushakashatsi bwakozwe n'ikigo cya MI5, cyaje gutahura ko hari abagore bibagisha amabere bagashyiramo za bombe maze bakaba batambuka ku bibuga by'indege ntibarabukwe. Nk'uko iki kigo cy';ubutasi cy' u Bwongereza MI5 kibitangaza ngo hari abagore...

  • Abagore nibo ntandaro yo gutuma abo bashakanye babaca inyuma

    25 octobre 2010

    Mu gitabo Shanae Hall yise Why Do I have to think Like a Man? Ugenekereje mu Kinyarwanda bishatse kuvuga ngo : ”Kuki ngomba gutekereza nk’umugabo?”. Agaragaza byimazeyo ihuriro ry’abagore n’abagabo ndetse n’inshingano zabo. Umwanditsi w’iki gitabo agaragaza...

  • GJ1214b: Umubumbe mushya ufite ikirere (atmosphère) n'amazi

    14 octobre 2010

    GJ1214b ni umubumbe mushya wavumbuwe n’abahanga. Icyo uwo mubumbe wihariye kandi gitangaje ni uko ufite ikirere (atmosphère) nk’uko ku isi bimeze. Uwo mubumbe GJ1214b wavumbuwe tariki 16/12/2009, ukaba uri kure cyane y’isi. Kuba barasanze ufite ikirere...

  • Umubare Pi wabonewe agaciro gashya.

    14 octobre 2010

    Uwo mubare abenshi bawuzi ungana na 3.14 cyangwa rimwe na rimwe 3.1428… Ariko ubundi agaciro kawo nyako ni (22/7), iyo ubigabanyije ni umubare utarangira, ubu rero noneho bagarukiye ku mibare miliyari 2700 inyuma y’akitso. Uwo mubare kugeza ubu uri guca...

  • Australie: Yahisemo gushyingiranwa n’imbwa ye

    01 janvier 2011

    Muri Australie, umugabo aherutse gushyingiranwa n’inshuti ye magara banamaranye igihe kinini, iyo nshuti ye ikaba ari imbwakazi yo mu bwoko bwa labrador. Abaturage bo mu mugi wa Toowoomba muri Australie baherutse gutungurwa n’uyu mubano udasanzwe. Uko...

  • Aca agahigo ko kugira igitsina kirekire

    19 juillet 2012

    Jonah Falcon afite imyaka 41 y’amavuko kuri ubu aca agahigo mu kugira igitsina kirekire ku Isi, aho igitsina cye gipima sentimetero 24,13 cm igihe kitafashe umurego ariko iyo cyafashe umurego kigeza kuri sentimetero 34,29 cm. Huffington Post dukesha iyi...

  • Icyo u Rwanda rwavuze nyuma y'ifatwa rya Goma

    21 novembre 2012

    Biciye ku rubuga rwa Leta y’u Rwanda, Leta ya Kigali yavuze ko isaba M23 na Leta ya Congo kureka gukomeza imirwano kuko itari kugira ingaruka mbi k batuye Congo gusa ahubwo n’abanyarwanda baturiye umupaka. Louise Mushikiwabo umuvugizi wa Leta y’u Rwanda...

  • Burya kumvwa n'abandi ni ibintu biba mu maraso

    14 octobre 2010

    “Urubyiruko ni intumva”, ngiyo interuro mushobora kuba mwarabwiwe inshuro nyinshi n’ababyeyi banyu cyangwa abantu bakuru. Gusa iyi nteruro iyo witegereje neza ntabwo ari yo na gato. Abahanga mu by’ubumenyi bavumbuye ko ku nkende kimwe no ku muntu, uko...

  • Yu Zhenhuan, umuntu wa mbere ku isi ufite ubwoya bwinshi

    24 mars 2011

    N'ubwo abantu bakunze kuvuga ko Abanyaziya batagira ubwanwa, kuva mu mwaka wa 2002, Yu Zhenhuan ukomoka mu Bushinwa niwe muntu wa mbere ku isi ufite ubwoya bwinshi. Ubwoya bwa Yu Zhenhuan bupfuka 96% by’umubiri we, ni ukuvuga ko buri santimetero kare...

  • Kugira umukunzi byaba bivura stress.

    25 octobre 2010

    Kaminuza ya Chicago ho muri Illinois muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, imaze kwerekana inyigo yakoze igaragaza ko kugira umukunzi bigira uruhare rwiza ku buzima aho umuntu ahura na stress nke ugereranyije nutabagira umukunzi. Iyi nyigo yakozwe ku banyeshuri...

  • Ni gute watahura umukuzi w'amenyo?

    25 octobre 2010

    Ese waba warigeze ukeka ko umuntu mukundana yaba ashishikajwe n'umutungo wawe kurusha wowe? Niba ibi bikureba, aha hari ibitekerezo byo kugira ngo ubirangize mbere yuko bigera kure, igihe cyose biguteye ikibazo. 1. Kumenya umukuzi w'amenyo uwo ari we...

1 2 3 4 5 6 7 8 9 10 > >>