Top articles
-
Uganda: Umwana w'umukobwa w’imyaka 11 y’amavuko yibarutse uruhinja
Ummwana w’imyaka 11 y’amavuko yibarutse uruhinja ku kigo nderabuzima cya Rakai IV, mu Karere ka Rakai mu gihugu cya Uganda, ibi ni ibitangazwa na New Vision. Uyu mukobwa wabanaga na nyina mu Mudugudu wa Kasankara mu gace ka Kagamba, yibarutse uruhinja...
-
U Burusiya : umushoferi yagize impanuka y’imodoka inshuro 5 mu minota 30 gusa
Uyu mushoferi udasanzwe rero yateje impanuka nawe ubwe azirimo zigera kuri eshanu mu gihe kitarenze iminota mirongo itatu gusa, nyuma yo gufatwa na polisi agahabwa igihano cyo gukingiranwa mu buroko iminsi igera ku icumi. Nk’uko zigonet ibitangaza, umugabo...
-
Bamwe mu bononwe n’abapadiri bashaka ko Papa agezwa imbere y’ubutabera
Ababuranira bamwe mu bana bagiye bagirirwa ibyamfura mbi n’abapadiri aribo Walter Van Steenbrugge na Christine Mussche, batangaje ko hari gahunda yo gusaba ko Papa Benoit XVI nawe yazagaragara imbere y’urukiko. Nk’uko amakuru abitangaza, aba babiri bemeza...
-
Kugira umukunzi ntibigomba kubangamira ibihe byiza n 'inshuti zawe magara
Iyo umuhungu cyangwa umukobwa abonye uwo yita umukunzi, ibintu byinshi mu buzima bwe birahinduka, ariko byose ntibihinduka mu buryo bwiza (Positif). Urugero ni uko umuntu atangira guha akanya gato inshuti ze zisanzwe, ugasanga ntibagihura ngo baganire...
-
Urashaka gusubirana ubuzima bw’ihuzabitsina?
Gutakaza ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina (libido) ku bagore, ni ikibazo cyoroshye gishobora kubonerwa umuti mu buryo bworoshye. Kubivugaho gusa birahagije. Nkuko inyigo yakozwe mu gihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabigaragaje, umugore...
-
Arazira ko yiyambariye akagutiya kagufi
Mu gihugu cya Brazil umukobwa arabyinira ku rukoma kubera ko yongeye kugaruka kwiga nyuma yo kwirukanwa burundu muri kaminuza ya Sao Paulo. Nk'uko tubikesha Zigonet, uyu mukobwa yazize ko yaje kwiga yambaye akagutiya ka mpenebarebe maze abayobozi b’ikigo...
-
Umugabo utagira amaboko n 'amaguru yambutse inyanja ya Manche itandukanya u Bufaransa n 'u Bwongereza
Philippe Croizon, umugabo w'imyaka 42 watakaje ingingo ze zose z’umubiri (amaguru n’amaboko) yashoboye kwambuka inyanja ya Manche itandukanya u Bufaransa n’u Bwongereza, aho yashoreje urwo rugendo rudasanzwe ku nkombe z’u Bufaransa mi ijoro ryo kuri uyu...
-
Mu Buhinde telefone ziruta imisarani
Mu gihugu cy’Ubuhinde ubu harabarirwa mu bihugu bya mbere ku isi bikize kuri telefone kuruta uko bukize ku tuzu twa Surwumwe. Ubwinshi bwa telephone burakabije mu Buhinde Ubushakashatsi buherutse gukorwa mu mwaka w’2008 bukaza no gushyirwa ahagaragara...
-
Menya bumwe mu busobanuro bw'amabara
Kuva kera amabara yagiye agira ibisobanuro bitandukanye bijyanye n'imico y’abantu. Nk’urugero usanga umugeni yambara agatimba k’umweru mu gihe cyo gushyingirwa aho kwambara irindi bara cyangwa se hakambarwa umutuku kuri st valentin. Abahanga bavuga ko...
-
Mu Bwongereza : Yariyoberanyije, ajya kurungukira no kumviriza abagore mu bwiherero bwabo
Umunyeshuri witwa ‘Joel Hardman’ wo muri Kaminuza ya Edgbaston yo mu Bwongereza yaguwe gitumo ubwo yari yiyoberanyije yigize nk’umugore maze akajya kurunguruka abagore mu bwiherero bwo mu gace k’ubucuruzi ka Birmingham. Uyu musore, yimiramijeho ikigofero...
-
Côte d'Ivoire: Kubera ikibazo cy'ubukungu, Banki zatangiye gufunga imiryango
Mu gihe Perezida Laurent Gbagbo atararekura ubutegetsi aburana na Perezida Alassane Dramane Outtara, amabanki yatangiye kugira ibibazo bikomeye by'amafaranga, imwe ikaba yafunze imiryango. Banki yafunze imiryango ni BICICI. Mu itangazo ubuyobozi bwayo...
-
Utugeso tumwe na tumwe abagabo bagira dutesha abagore umutwe !
N'ubwo abagore bakunda abagabo rimwe na rimwe ugasanga bigeze ubwo bibarenga, hari ubwo bajya bateshwa umutwe na tumwe mu tugeso abo bagabo bagira. Ibi ni bimwe mu bikorwa byagaragajwe ko biri mu bijya bizengereza cyane abagore bikorwa n’abagabo : 1....
-
Yagiye kwiyahura asinzirira ku kiraro yari agiye kwiyahuriraho
Mu gihugu cy’ u Bushinwa haravugwa inkuru y’umugabo wagiye kwiyahura asimbutse ku kiraro gifite metero zigera kuri 50, biza kurangira asinziririye hejuru y’icyo kiraro, yibagirwa igikorwa nyamukuru cyari cyamujyanye. Amakuru ya Zigonet aravuga ko Yang...
-
13% by’abagabo bashobora gusimbuza ihuzabitsina agatama
Muri Royaumes Unis, ubushakashatsi buherutse kuhakorerwa bwerekanye ibintu bimwe na bimwe abantu babajijwe bashobora gusimbuza ihuzabitsina bakarivaho burundu. Ibarura riherutse gukorwa n’urubuga Limelife, abagabo n’abagore bari tayari kuba basimbuza...
-
Akaboga k’injangwe ngo kaba karyoha bidasanzwe
Muri iyi minsi abahanga mu kurya bakomeje kuvuga ko hari ibyo abantu baziririza kandi biryoha. Muri bo harimo n’abantu bo ku Gisenyi mu mudugudu wa Gihira Akagari ka Gisa mu Murenge wa Rugerero wo mu Karere ka Rubavu bariye injangwe barangije bakangurira...
-
Internet yatumye abana birirwa bareba amashusho y’urukozasoni
I Goma mu burasirazuba bwa Kongo, abana batarageza ku myaka y’ubukure birirwa bareba imbuga za interineti zerekana amashusho y’abakora imibonano mpuzabitsina. Usanga bamara amasaha menshi bibereye muri urwo, ubu igishishikaje ababyeyi ndetse n’abafite...
-
Menya uko wanezeza umugore wawe, tandukanya urukundo no kuryamana
Kunezeza umugore wawe ni inshingano z'umugabo kimwe n'uko umugore agomba kwita ku mugabo we. Ikibazo gikunze kubaho ni uko ibinezeza umugore biba bitandukanye cyane n'ibyo umugabo atekereza, bishatse kuvuga ko abagabo benshi bibeshya mu gushaka kunyura...
-
Phillipines – itegeko rihana umuntu uririmba indirimbo y’igihugu nabi
Muri iki gihugu cya Phillipines abadepite batoye itegeko rigomba kjya rihana umuntu wese wakwiha kuririmba indirimbo y’igihugu atabishoboye maze akayiririmba nai aho azajya ahanishwa amande angina n’ama pesos 100.000 ndetsen’igifungo cy’imyaka ibiri....
-
Muri Mexique, imvura yahitanye abagera kuri 25 abarenga miliyoni bava mu byabo.
Muri iki gihe imvura zibasiye igihugu cya Mexique, imibare ya nyuma irerekana ko abagera kuri 25 bamaze guhitanwa n’imivu, abagera kuri miliyoni bakaba bamaze kuva mu byabo mu majyepfo y’uburasirazuba w’igihugu. Ni mu karere ka Oaxaca gaherereye hafi...
-
Ibaruwa yamaze imyaka 220 itaragera k'uwo bayandikiye!
Mu gihugu cy'Ubufaransa haravugwa ibaruwa yashoboye guca agahigo mu gutinda kugera kuri nyirayo. Iyo iza gutinda gusa ariko ikaza no kumugeraho.Iyi baruwa yamaze imyaka 220 yose itaragera kuri nyirayo none ihageze yarapfuye kera ndetse n'ibyo yavugaga...
-
Mu Buyapani umukozi yirukanwe ku kazi kubera ko ari mubi
Uwari umukozi wa Prada mu Buyapani sosiyeti izwi cyane mu bintu byo gukora imyenda n’imibavu, arayirega imbere y’urukiko kubera kuba yarirukanwe ku kazi kubera ko ari mubi kandi ikaba ikunda no kwirukana abandi bakozi iyo bakuze, ari babi cyangwa se babyibushye...
-
Perezida Barack Obama agomba guha Minisitiri w’Intebe wa Canada bwana Stephen Harper ikesi ya byeri
Barack Obama agomba gutanga ikesi ya byeri akayiha Minisitiri w’Intebe wa Canada bwana Stephen Harper, nyuma yuko Obama yari yarahiriye Stephen Harper ko ikipe ya USA izatsinda iya Canada mu mikino ya Hockey yo ku rubura i Vancouver. Nyuma yo kujya impaka...
-
Barack Obama yahagaritse umushinga wo kujya ku kwezi wa NASA
Igihe yatangazaga ingengo y’imari y’umwaka wa 2010, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama, yavuze ko nta mafaranga ateganyirijwe ibijyanye no kujya ku kwezi, ibikorwa byari byarasubukuwe n’uwa mubanjirije, Georges W. Bush. Muri macye...
-
Umurinzi w’ahororerwa Amasatura, yihingiyemo ikiyobyabwenge cya Cannabis
Mu gihugu cya Autriche ahitwa Hellbrun, umurinzi w’ahororerwa Amasatura (Zoo des rhinocéros), yishingikirije ko ahantu zororerwaga hari ahantu hatageraga undi muntu, yahise ahafata ipariseli (parcelle) yihingiramo ikiyobyabwenge cyo mu bwoko bwa Cannabis....
-
France: umusore yasuhuje Sarkozy, arangije arihanagura!
Ubwo yari mu ntara ya Savoie kuri uyu wa kane, perezida Nicolas Sarkozy w’u Bufaransa yongeye kwerekana ko adahisha ikimurimo ubwo yabwiraga umusore umwe wari umaze kumusuhuza akihanagura ati " fais pas le malin toi!" bisa nko kuvuga ngo "wikwigira inyaryenge...