Top articles

  • Umuhanzi mushya w'indirimbo zihimbaza Imana yavutse

    20 octobre 2010

    UMWIRONDORO Nitwa John James Ukwigize. Ndi ingaragu, nkora muri Call Center ya MTN nkaba mba i Gikondo. Navutse ku itariki 09/06/1982, mvukira ku Kibuye mu ntara y’iburengerazuba ninaho nigiye amashuli abanza(EP Mushubati) n'ayisumbuye (GS Bumba). Ndi...

  • Kuri Goethe Institut ku Kacyiru habaye amahugurwa y’umuziki.

    10 octobre 2010

    Kuri Goethe Institut ku Kacyiru, kuri uyu wa kabiri tariki 14 Nzeli habaye amahugurwa y’umuziki yarimo abanyamuziki benshi b'abanyarwanda bafatanyije n’aba-compositeur Volker Schlott na Falk Breitkreuz bavuye i Berlin mu gihugu cy’Ubudage. Aya mahugurwa...

  • Urwenya : Igitsina cy'Umushinwa cyacunguye babiri bari bagiye kwicwa

    19 juillet 2012

    1. Umusore yaratekereje asanga n’ubwo amaze imyaka myinshi arangije amashuri nta kazi arabona, ahitamo kwihangira umushinga. Yarakugendeye ajya ahantu mu cyaro hibera abaturage bamwe babisi. Maze afata ikaramu n’urupapuro yigira busy (arihuzahuza) atangira...

  • Impanga zikuze kurusha izindi ku isi zujuje imyaka 98.

    10 octobre 2010

    Raymonde na Lucienne Wattelade kuri ubu bazwi nk’impanga zikuze ku isi kurusha izindi nkuko byemezwa na Guiness World Records, bagize icyo batangaza ku buzima bwabo… Raymonde na Lucienne, bahoze mu ikipe y’imikino ngororangingo y’Ubufaransa mu myaka ya...

  • Naki Sumo, irushanwa ryo kurira ku bana mu Buyapani

    30 avril 2010

    Mu Buyapani haravugwa irushanwa ryo kurira rikorwa n’abana ariko babifashijwemo n’abaje babaherekeje mu irushanwa cyangwa abazanywe no kubariza. Nkuko bitangazwa na Zigonet, iryo rushanwa rizwi ku izina rya Naki Sumo. Abari mu irushanwa ngo bafata abana...

  • Dore itandukaniro hagati y’umugabo n’umugore karemano rishobora kubangamira umushyikirano muzima

    25 octobre 2010

    Twifashishe film les hommes viennent de Mars et les femmes de Venus, bagaragaza neza ko burya imibanire yacu ya buri munsi ari kimwe mu bidutegurira ugutera urubariro kwiza iyo tubanye neza. Kandi iyo abashakanye babana nabi mu buzima bwa buri munsi,...

  • Amavuta arinda agakoko gatera SIDA akoreshwa mu gitsina cy’umugore byagaragaye ko ntacyo ashoboye.

    10 octobre 2010

    Amavuta yagombaga gukoreshwa ku gitsina cy’umugore yica agakoko gatera SIDA yiswe PRO 2000 aherutse kugeragezwa ku bagore bagera ku 9000 mu bihugu bitandukanye by’Afurika, byagaragaye ko nta mbaraga zihagije afite nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru The Lancet....

  • France:Yatawe muri yombi kubera gukora ikaramu zirasa amasasu

    24 mars 2011

    Umugabo w’ imyaka 67, utari ugikora umurimo uwo ariwo wose kuko yahawe ikiruhuko cy’ izabukuru, ari mu maboko ya polisi kubera gukekwaho gukora amakaramu arasa. Nk’ uko 7sur7 dukesha iyi nkuru yabitangaje, ngo uyu mugabo ni we wakoraga aya makaramu, ndetse...

  • Yabyaye impanga zitandukanyije ba se!

    01 janvier 2011

    Umubyeyi ukiri muto wo muri Polonye aherutse, muri iyi minsi ya vuba, kubyara impanga zifite ba se batandukanye. Ibi bikaba bibaye ku nshuro ya karindwi izwi kuva isi yaremwa. Nk’uko tubikesha ibitangazamakuru byo muri iki gihugu cya Polonye, uyu mubyeyi...

  • Umwana wamugaye yahize abandi mu irushanwa ry’ubwiza

    10 octobre 2010

    Sosiyete ikora amasabune ameze nk’amazi (liquid soap) yitwa Lano iherutse gukoresha irushanwa ryo kwamamaza ibicuruzwa byayo aho itumiza abana batandukanye kugira ngo ihitemo ubahiga mu bwiza izakoresha ifoto y’isura ye mu kwamamaza icyo gicuruzwa cyabo....

  • Amwe mu masomo y'urukundo...

    08 mars 2010

    Isomo ry'Urukundo Nuramuka ukundanye n'umuntu ukavumbura ko nta rukundo agufitiye, uzihangane mu mutima wawe. Nta kibazo ufite si nawe uba utumye atagukunda, nuko urukundo ruba rutarahisemo gutura mu mutima we. Nuramuka ubonye kanaka agukunze cyane, ariko...

  • Umukobwa yagukubise indobo ! ese wabigizemo uruhare?

    25 octobre 2010

    Mu gutangira tutarajya kure rwose igisubizo kuri wabigizemo uruhare? Ni Yego wararugize, waba ari wowe wisubirije ni “Yego Nararugize” wagakwiye kubyemera udahakanye cyangwa ngo ugorane kubera ko uhawe ingero nyinshi wasanga iyo ngingo yo guhabwa icyo...

  • Abarangije muri kaminuza nkuru y’u Rwanda nyuma ya jenoside bakubye inshuro esheshatu abaharangije mbere yayo- Pfof rwakabamba

    14 octobre 2010

    Abanyeshuri barangije muri kaminuza nkuru y’u Rwanda nyuma ya jenoside bakubye inshuro esheshatu abaharangije mbere yayo ibi ni ibyatangajwe n’umuyobozi mukuru wa Kaminuza nkuru y’u Rwanda Pof Silas Rwakabamba mu kiganiro n’abanyamakuru. Kuri uyu wa kane...

  • Muri Bermuda bari kwitegura inkubi y’umuyaga Igor.

    10 octobre 2010

    Hamilton muri Bermuda, ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu, abakerarugendo bari batonze imirongo ku kibuga cy’indege ngo bahunge inkubi y’umuyaga Igor irimo isatira Bermuda. Abaturage baho bo barimo baregeranya iby’ingenzi byo kwirinda. Mu ntangiriro...

  • Gushaka inzoka byatwaye akayabo k'amayero 100000

    30 avril 2010

    Mu gihugu cy'Ubudage umusore w'imyaka cumi n'icyenda ararira ayo kwarika kubera akayabo k'amayero agomba kwishyura mu gikorwa cyo gushakisha inzoka ye yari yamutorotse. Ubwo iyi nzoka yatorokaga ikava aho ayororera hakurikiyeho akazi katoroshye ko kuyishakira...

  • Abantu bahuye no guhungabana k’ubwonko bashobora kubasha kuvuga baririmbye.

    08 mars 2010

    Muri Leta zunze ubumwe za Amerika,mu bushakashatsi bwakorewe muri kaminuza ya Harvard bwerekanye ko bashobora kugira amagambo bavuga baririmbye. Impanuka zo guhungabana k’ubwonko zihitana imbaga y’abantu cyane cyane mu bihugu byateye imbere. Abari hagati...

  • Google yashyize ahagaraga indi format igenewe amafoto kuri internet

    20 octobre 2010

    Mu gihe amafoto menshi yakoreshaga format JPEG, igihe cyayo cyaba kigiye kurangira. Ku bwa Google, Format ya JPEG itanga amafoto aremereye kandi qualite akenshi iba atari nziza. Niyo mpamvu kuri uyu wa kane Google yashyize ahagaragara indi format, WebP,...

  • 2014: ushobora kuzaba umwaka uzatanga isura y’ikinyejana

    14 octobre 2010

    Ibi ni ibyatangajwe n’umwalimu muri kaminuza ya Cambridge mu Bwongereza, aho avuga ko umwaka w’i 2014 uzabamo igikorwa kizaha isura ikinyejana cyose niba ari umudendezo cyangwa se inzara n’intambara. Uyu mwarimu witwa Nicholas Boyle atangaza ko mu binyejana...

  • Sarkozy na Madamu we babanje kwikorera Picnic mu Bushinwa mbere yo kubonana na Perezida w’U Bushinwa

    30 avril 2010

    Prezida w’igihugu cy’u Bufaransa Nikolas Sarkozy yongeye gukora agashya ubwo we n’umugore we Carla Bruni bari bagiye mu ruzinduko rw’akazi mu gihugu cy’u Bushinwa ariko bakihagera babanza kwitemberera cyangwa gukora bimwe bita Picnic mu gihe protocole...

  • Dinosaur inyamaswa yazimiye

    09 décembre 2009

    Abatuye isi benshi cyane bahora bibaza inyamswa yahozeho kera cyane yitwa Dinosaur ariko ntibabashe kwiyumvisha ubuhangange iyo nyamaswayari ifite. Uwo uyibwiye cyangwa uwo muyiganiriyeho ubona ahise atangara cyangwa se akagwa mu kantu. kubera ko we ku...

  • Abahanga basanga ikoreshwa ry’amashanyarazi mu gutwara ibinyabiziga byangiza ikirere

    10 septembre 2011

    Muri ibi bihe isi iri guhangana n’ibibazo bikomeye bijyanye n’ihindagurika ry’ikirere rifitanye isano ya bugufi n’iyangirika ry’ibidukikije mu buryo bukomeye, hararushaho gukoreshwa ikoranabuhanga mu ngeri zinyuranye hagamijwe guhangana nabyo. Bumwe mu...

  • Igitangaza: Nyuma y’iminsi 9 barashyizwe mu bwigunge n'umutingito, batabawe ari bazima

    24 mars 2011

    Mu gihe mu Buyapani hamaze iminsi kivugwamo imitingito na Tsunami byabushegeshe bikomeye, hatabawe umukecuru ufite imyaka igera kuri 80 witwa Sumi Abe, n’umwuzukuru we ufite imyaka 16 w’umuhungu, nyuma y’iminsi igera ku 9 badafite umuntu ubitaho mu mujyi...

  • Umugore yabyariye ku bwato bw’amapine

    01 janvier 2011

    Uyu mugore ukomoka ubusanzwe muri Nigeria yari kumwe n’abandi bagenzi 37 bakubutse mu gihugu cya Nigeria bagenda ku bwato bukoreshejwe amapine, barimo bagerageza kwimuka rwihishwa ngo bagere mu gihugu cya Espagne. Igitangaje nuko yaje kwibaruka umwana!...

  • Gasabo: Zimwe mu nsengero zikorerwamo na reception z 'amakwe!

    10 octobre 2010

    Nyuma y’aho Radio Rwanda itangarije inkuru yavugaga ko muri centre ya Kabuga hari insengero zisakuza birenze igipimo, twanyarukiyeyo, dusanga mu nsengero banahakorera reception z’ubukwe! Igitangaje twahasanze kuri uyu wa Gatandatu, n’uko amakwe yabereye...

  • Ni gute wasaba mu cyubahiro umukobwa gusohokana nawe ?

    08 mars 2010

    Iki ni ikibazo nubwo abantu bose batagiha agaciro kamwe ariko mu by’ukuri uko kutagiha agaciro niko gutuma benshi muri twe tumara imyaka n’imyaniko nta bakunzi tugira. Rimwe na rimwe ushobora kuba wihutiye kubaza uti “Ese wasohokana nanjye”, cyangwa se...

<< < 1 2 3 4 5 6 7 8 9 10 > >>