Top articles
-
Argentine: Umusifuzi yatanze amakarita atukura 36 mu mukino umwe!
Mu mukino wa 1/4 cy'irangiza wahuje ikipe ya Claypole na Victoriano Arenas zo muri Argentine, uwo mukino ukaba warabaye mu mpera z’ icyumweru gishize, umusifuzi witwa Damian Rubin yabashije gusohora amakarita atukura 36 yose! Impamvu yatumye abo bakinnyi...
-
Ese koko imperuka y’isi yaba yigijweho imyaka ine cyangwa ni ijana?
Nk’uko tubikesha urubuga rwa Zigonet, mu mwaka ushize wa 2010, havugwaga amakuru avuga ko imperuka y’isi izaba ku 21 Ukuboza 2012. Bakaba barayakomoraga ku mibare yo kuri kalendari y’ Abamaya ndetse ngo n’ibyo abahanga mu bya siyansi bagiye batangaza...
-
Ku myaka 98, yahisemo guhitana umugore we!
Iyi ni nkuru ikomeje gutungura abayisoma, aho mu Budage umugabo w’imyaka 92 wari umaranye n’umugore we imyaka igera kuri 52 yahisemo kumuhitana akoresheje uburyo bwose bushoboka, gusa ku gitangaza cy’Imana ibi ntabwo byamushobokeye. Igikomeza gutangaza...
-
Marissa Mayer niwe muyobozi mushya wa Yahoo
Marissa Mayer wari umwe mu bayobozi bakuru b’urubuga rwa Google, kuva kuri uyu wa Kabiri tariki ya 17 Nyakanga niwe wabaye Umuyobozi Mukuru w’urubuga rwa Yahoo. Anakuru dukesha 7sur7 avuga ko Marissa w’imyaka 37 yari umwe mu bantu bazwiho ubuhangwa ku...
-
USA: Umwe mu bantu 5 batana mu bashakanye bagendera ku makuru bakura kuri facebook
Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, umwe mu bantu 5 batana mu bashakanye baba barakuye amakuru nk’ igihamya ku rubuga rwa facebook. Mu bushakashatsi buheruka gukorwa na Kaminuza yitwa Layola mu gutana kw’ abashakanye, bwagaragaje ko 1 kuri 5 batana mu...
-
Nanotechnology, igisubizo n’ikibazo ku bantu !
Ibikoresho bya electronics twifashisha buri munsi, nka za televiziyo zigezweho, telefoni, amapasi, imiti, ibyifashishwa mu buvuzi, ibikoreshwa mu biribwa, mu mavuta yisigwa n’imibavu, muri za gazi ,… byose bisigaye byifashisha ikoranabuhanga ryitabaza...
-
Ubushakashatsi: Abanyekongo (Brazza) ni bo baza ku isonga mu bagabo bagira ibitsina birebire ku isi
Ni abagabo bo mu kihe gihugu bagira ibitsina birebire kurusha abandi ku isi? Iki ni ikibazo benshi hirya no hino ku isi bakunze kwibaza, ni nacyo kibajijwe n’itsinda ry’abashakashatsi, bituma bafata umwanya wo gukora ubushakashatsi bwimbitse hagamijwe...
-
Umwana w’umwongereza w’imyaka itatu yajyanywe mu bitaro azira ubusinzi
I Londres mu Bwongereza, umwana muto w’imyaka itatu gusa yajyanywe mu bitaro ngo avurwe, kubwo kwiyahuza inzoga nyinshi nk’uko abagenzuzi b’ibyo bitaro babitangarije ibiro ntaramakuru by’Abafaransa AFP. Uyu mwana, umwirondoro we n’uw’aho aturuka nyirizina...
-
Danemark: Kuryoherwa cyane akora imibonano mpuzabitsina byatumaga ahuma
Mu gihe yabaga arimo akora imibonano mpuzabitsina akagera aho aryoherwa cyane, umugabo w’imyaka 66 y’amavuko ukomoka muri Danemark yasangaga amaze iminota myinshi atabona. Buri uko yakoraga imibonano mpuzabitsina, uyu mugabo yamaraga iminota itari mike...
-
Bamukuye mu jisho inzoka ireshya na santimetero 13
Ubundi bimenyerewe ko inzoka zo mu nda zidakunze kurenga mu rwungano ngogozi, ariko hari aho bigera umuntu zikamurenga , zigakwira umubiri wose harimo cyane mu maso, mu bihaha no mu bwonko. Nkuko urubuga rwa gentside.com, dukesha iyi nkuru rubitangaza...
-
Umukinnyi w’igihangange LaShawn Merritt yahagaritswe amezi 21 azira kongera ubunini bw’ igitsina cye
Umukinnyi LaShawn Merritt wabaye igihangange muri 2008 ndetse na 2009 ubwo yegukanaga agahigo mu gusiganwa muri metero 400 yahagaritswe amezi 21 aregwa gukoresha DHEA, umuti rurangiranwa mu kongera umubyimba w’igitsina ku bagabo. Amakuru dukesha urubuga...
-
Edward Nino Hernandez na cm 70, nyuma ya He Pingping ni we uca agahigo ko kuba mugufi ku isi
Edward Nino Hernandez umugabo ukomoka muri Kolombiya ubu ni we uca agahigo ko kuba ari mugufi kurusha abandi ku isi, akaba afite uburebure bwa cm 70, ku myaka ye 24. Mu gitabo Guiness de records ubu ni we uri ku mwanya wa mbere mu kuba mugufi ku isi....
-
Kuri ubu Gmail ishobora guhamagara telefone igendanwa
Google imaze gutera intambwe yisumbuye mu ikoranabuhanga rya interineti, aho muri uku kwezi kwa Kanama imaze gushyira ahagaragara uburyo bushya bwo gukoresha gmail umuntu agahamagara telephone zitagira ubushobozi bwo gufata interineti. Muri servisi yayo...
-
Tanzaniya: Umugabo yishe umugore we atangira gucuruza ibice by’umubiri we
Mu gihugu cy’abaturanyi cya Tanzaniya haravugwa ifatwa ry’umugabo ukekwaho kuba acuruza bimwe mu bice by’umubiri w’umugore we. Abigurisha rwihishwa afatanyije n’umwe mu bapolisi bakuru bo muri Tanzaniya. Ubuyobozi bukaba buvuga ko uyu mugabo yiyemerera...
-
Irak: Igitabo gitagatifu cyandikishijwe amaraso ya Saddam Hussein cyavugishije amangambure abayobozi
Mu gihugu cya Irak havumbuwe igitabo cyandikishijwe amaraso ya Saddam Hussein, none cyavugishije abayobozi bakuru b’ icyo gihugu amangambure aho bibaza niba bazakijugunya cyangwa bakazajya bakibukiraho amabi yakozwe na nyirubwite. Icyo gitabo ngo gihishwe...
-
Yitabye Imana amaze imyaka 52 yose mu bitaro
Uyu mugabo Fernand Néault, yari arwaye indwara yitwa “poliomyélite”, akaba yitabye Imana afite imyaka 59 ahitwa Nancy mu gihugu cy’Ubufaransa nyuma y’igice k’ikinyejana arwariye mu bitaro, ibi bikaba byatangajwe n’umuryango we. Nk’uko AFP yabitangaje...
-
Umuyaga Igor wongereye imbaraga mu gihe ugana mu gice cy’uburengerazuba.
Umuyaga Igor wiyongereye imbaraga cyane mu nyanjya ya Atlantique mu gihe ugana mu gice cy’uburengerazuba nkuko bitangazwa n’abahanga mu by’ubumenyi bw’ikirere. Uyu ni umuyaga wa kane muri uyu mwaka wa 2010, ukaba umaze kugera ku muvuduko wa kirometero...
-
Bamwe mu bayobozi b’ibihugu basaziye ku butegetsi muri Afurika
Muri iki gihe Afurika na Aziya biri mu nkundura y’impinduramatwara itoroshye yo kwikuriraho abategetsi binyuze mu nzira y’imyigaragambyo ikorwa n'abaturage, kubera ko baba batagishoboye kwihanganira abategetsi birengagiza nkana demokarasi. Kuramba ku...
-
Amakariso abiri y’Umwamikazi Elizabeth II w’u Bwongereza muri cyamunara
Ni amakariso ibitangazamakuru bikomeje kwemeza ko ariyo ya mbere adashamaje na mba mu zimaze kujya ahagaragara kugeza ubu ku rwego rw’isi. Izi kariso zidodeyeho ahagana hasi akenda ko mu bwoko bw’imisegetera, zizagurishirizwa muri cyamunara y'imwe mu...
-
Ushobora kwakira email nkuko wakira sms
Muri iki gihe ikoranabuhanga rikoresheje interineti rigenda rirushaho gutera imbere ni nako inzobere mu ikoranabuhanga zikora amanywa n'ijoro kugirango iri koranabuhanga ribashe kugera ku bantu benshi kandi kuburyo bworoshye. Reka muri aka kanya tuvuge...
-
50 cent yanenzwe agashinyaguro no gusesereza Abayapani bashegeshwe na Tsunami
Amagambo umuhanzi 50 Cent aherutse kwandika ku rubuga rwe atangarizaho ibitekerezo yakomerekeje cyane abantu benshi ku buryo byabaye ngombwa ko asaba imbabazi. Ubwo ibihangange bikomeye byo ku isi biri gufata mu mugongo abaturage bo mu gihugu cy’Ubuyapani,...
-
Israël : umuyaga ukase wagaragaje ishusho ibyumbye yari imaze ibinyejana byinshi munsi y’ubutaka
Muri iki gihugu cyakunze kugira amateka azwi cyane ku isi yose mu bitabo byinshi harimo na Bibiliya, ubu noneho umuyaga w’umuhengeri wahishuye ishusho ibumbye (statue) bivugwa ko yahageze mu minsi abaromani bayoboraga utu duce twose. Nk’uko Reuters ibivuga...
-
Hugh Hefner watangije Playboy Magazine agiye gushyingiranwa n’ inkumi arusha imyaka 60
Mu mpera z’ icyumweru gishize, umukambwe Hugh Hefner w’ imyaka 84 watangije Playboy Magazine agiye gushyingiranwa na Crystal Harris mu minsi mike iri imbere. “Ni byo, impeta nambitse Crystal ni iyo kuzashyingiranwa. Ntago nigeze nshaka kugira ibyo nyihisha...
-
Belgique: yamaze umwaka wose agendana imikasi yo kwa muganga mu nda ye
Umuganga wo mu bitaro bya Anvers mu gihugu cy’u Bubiligi yakoze ikosa rikomeye ubwo yarimo kubaga umwe mu barwayi yari ashinzwe kuvura. Muti rero byagenze gute ? Mu gihe yari arimo gukora icyo gikorwa cy’ubutabazi ashaka kuramira ubuzima bw’uwo murwayi,...
-
Ni gute warambana n 'umukunzi wawe? Sobanukirwa
Hari abantu benshi bahora bibona nk’aho batajya bagira amahirwe mu rukundo, igihe cyose bakundanye ntibimare kabiri! ndetse bamwe batangira kugira abo bahimbira ko babatera umwaku kandi byahe biragatabwa. Tuzi twese ko kugira ngo urukundo rw’abantu babiri...