Top articles

  • Nyungwe: Umuturage w’inyangamugayo yatoye amafaranga ya mukerarugendo arayamusubiza.

    10 octobre 2010

    Umwe mu bashinzwe umutekano w’abasura parike ya Nyungwe iherereye mu karere ka Rusizi ho mu ntara y’Uburengerazuba witwa Habimana Jean Pierre, yagaragaje ubunyangamugayo ubwo yatoraga ikofi yari yatawe n’umukerarugendo akayimusubiza nta kintu akuyemo....

  • Ubuhinde - Umugabo amaze imyaka 70 atarya kandi atanywa!

    30 avril 2010

    aremeza neza cyane ko amaze imyaka 70 atarya kandi atanywa. Nyuma yo gushyirwa mu bitaro ngo asuzumwe n’ikipe y’abaganga b’inzobere kugira ngo bigire hamwe icyaba cyaramubeshejeho muri iyi myaka yose. Uyu muntu yitwa Prahlad Jani, akaba ari umusaza ukuze,...

  • Abatekamutwe baragwira!

    08 mars 2010

    Nkuko bisanzwe mu mijyi minini ntihakunda kubura abantu bagerageza gushakira amaramuko cyangwa amarariro mu byavunikiwe n’abandi. Na hano I Kigali rero barahari kandi no muyindi mijyi yo hirya no hino mu gihugu ibyo ntibyahabura n’ubwo Atari umuco mwiza...

  • Intara y’Amajyaruguru iza ku isonga mu kugira abakobwa babyarira mu rugo

    30 novembre 2009

    Intara y’Amajyarugu ubusanzwe ikunze kurangwamo umuco w’ubuharike. Iyi ntara rero ngo yaba irangwamo umubare munini w’abakobwa babyarira mu ngo (Ibinyendaro). Nk’ uko ibiro ntaramakuru Syfia Grands Lacs bibitangaza, ngo muri iyo ntara usanga abakobwa...

  • INTERNET YIZIHIJE ISABUKURU Y`IMYAKA 40!

    03 novembre 2009

    Hari ku italiki ya 29 ukwakira 1969 ubwo imwe muri mudasobwa yo muri kaminuza ya UCLA y`i Los Angeles muri Leta Zunze Ubumwe z`Amerika yabashije kuherereza ubutumwa indi mudasobwa yari iherereye muri kaminuza ya Stanford. Ni uko internet yavutse. Gusa...

  • Ngoma: Atuye mu nzu ya shitingi mu mujyi

    10 octobre 2010

    Abatuye mu Mududugu wa Kiruhura, Akagari ka Cyasemakamba, Umurenge wa Kibungo, aha akaba ari mu Karere ka Ngoma barasaba ko Ubuyobozi bw’Umurenge wabo bwafasha mugenzi wabo Mukandahiro Prisca wacitse ku icumu rya Jenoside kubona aho aba cyangwa se bukabareka...

  • Afurika y 'Epfo: Charlie, inguge yamamaye cyane kubera ukuntu yatumuraga agatabi yashizemo umwuka

    10 octobre 2010

    Inguge yari yaramamaye cyane kubera uburyo yitumaguriraga isigara, yashizemo umwuka ku myaka 52 y’amavuko, nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Gatatu n’umukuru w’urwororero rw’inyamaswa rwo muri Afurika y’Epfo aho iyo ngunge yiberaga. Umuvugizi w’urwororero...

  • Nyakabwana yasimbukiye mu mutaka hamwe n’abandi basirikari

    24 mars 2010

    Mu gihugu cya Norvège imbwa iherutse kwerekana ko na yo ifite imyitozo ihagije ya gisirikari. Iyi mbwa ibarizwa mu basirikari baturuka mu gihugu cya Otirishiya. Ubwo abandi basirikari b’inzobere mu kumanukira mu mitaka bajyaga mu myitozo, nyakabwana na...

  • URWENYA: IGITUMA UMUGORE WANJYE ATANCA INYUMA!

    30 novembre 2009

    1. Habayeho umukobwa agaca inyuma umusore wese bakundanye. Ashaka abagabo 4 bose abananira kubera iyo ngeso. Uwa gatanu we aza yarize imitwe ku buryo bamaranye imyaka 3 yose bumvikana, bagera n’aho babyarana umwana! Uwo mwana avuka, abazi urwo rugo bose...

  • UMURIRIMBYI UKOMOKA MU RWANDA CORNEILLE NYUNGURA NGO NTATEGANYA KONGERA GUKANDAGIZA IKIRENGE MU RWAMUBYAYE!

    15 novembre 2009

    Ibi Corneille yabitangarije Radio BBC mu kiganiro « BBC Network Africa » kuri uyu wa kane tariki 12/11/2009, aho yavuze ko nta gitekerezo cyo kugaruka mu Rwanda afite, ibi ngo akaba abiterwa n'uburyo yahavuye mu 1994 aho umuryango we wose wari umaze guhitanwa...

  • IBIMERA NABYO IMANA YABIHAYE UBWENGE

    29 octobre 2009

    Ikimera bita Acacia kiboneka ahantu henshi cyane ku isi. Imana ntiyahaye umuntu ubwenge wenyine ahubwo n'ibimera yabivunguriyeho ariko gake ugereranyije n'ubwenge bw'umuntu. Rero icyo kimera tumaze kuvuga hejuru gato gifite uburyo bwo kwirwanaho buhambaye...

  • U Burusiya: Minisitiri arashishikariza abaturage kurushaho kunywa inzoga n 'itabi

    10 octobre 2010

    Minisitiri w’Imari w’u Burusiya arahamagarira abaturage b’igihgu cye gukora iyo bwabaga bakanywa inzoga nyinshi n’agatabi kenshi kugirango bafashe Leta kuzahura ubukungu bw’igihugu. Uyu muminisitiri udasanzwe ashake n’irimbi rinini kuko abazicwa n’ibyo...

  • U Burusiya: Vladimir Poutine yategetse abaminisitiri be kureka itabi

    10 octobre 2010

    Mu gihe Leta y’U Burusiya yafashe gahunda yo kurwanya itabi yivuye inyuma, Minisitiri w’Intebe w’icyo gihugu Vladimir Poutine yasabye abaminisitiri ko bareka itabi ngo babashe gutanga urugero rwiza. U Burusiya ni igihugu gifite abantu bakabakaba miliyoni...

  • Mbese nkeneye gukebwa (kwisiramuza)?

    24 mars 2010

    Mbese ukeneye kwisiramuza cyangwa gukebwa? Ushobora kumva ukeneye kwisiramuza cyangwa gukebwa kubera impamvu zirebana n'isuku, kwirinda indwara nka SIDA n'izindi. Leta y'u Rwanda imaze igihe ikangurira abanyarwanda gukoresha uburyo bwo gukebwa mu rwego...

  • EUGENE KASPERSKY NIWE WAHIMBYE ANTIVIRUS YAMWITIRIWE

    09 novembre 2009

    Abantu bakoresha mudasobwa kenshi bajya bumva ijambo Kaspersky, ariko ntibazi ko ari izina ry’umuntu. Uwo nta wundi ni umurusiya Evgeniy Valentinovich Kasperskiy akaba ari umuhanga mu kurinda amakuru yo muri mudasobwa (information security). Kaspersky...

  • Kenya: Abaganga basanze telefoni igendanwa mu nda y’ umugororwa

    01 janvier 2011

    Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, abaganga bo mu bitaro bya Naivasha muri Kenya bamaze igihe kigera ku isaha babaga umugororwa ngo bamukuremo telefoni igendanwa bamubonyemo bakoresheje ikoranabuhanga ryifashisha Imirasire X(X ray). Umuyobozi wa gereza...

  • U Bugande ntibuzakura ingabo muri Somaliya kubera raporo ya LONI

    10 octobre 2010

    Igihugu cy’U Bugande kiratangaza ko kitazakura ingabo mu butumwa bw’Umuryango w’abibumbye, zikorera mu gihugu cya Somaliya kubera isohoka rya raporo ya LONI ishyira icyo gihugu mu majwi ko cyagize uruhare mu bwicanyi bwabereye muri Congo hagati ya 1993...

  • Ikirwa cya Okinawa cyahuye n’umutingito

    10 octobre 2010

    Abaturage batuye ikirwa cya Okinawa kiri mu majyepfo y’igihugu cy’Ubuyapani bahuye n’umutingito wari ufite urugero rwa 6.3 ku gipimo cya Richter mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere tariki 4 Ukwakira. Uyu mutingito watikije iki kirwa cya Okinawa, wabaye mu...

  • Kuki twayura?

    24 mars 2010

    Kwayura ni ibintu bigaragara cyane ku muntu ndetse n’ibindi bisimba byinshi bigira uutirigongo (les vertebrés/vertebrates), yewe n’impinja zirayura zikiri mu nda za ba nyina! Ni kenshi rero umuntu akenera kwayura, ariko se byaba biterwa n’iki? Benshi...

  • Abateguye Igikorwa cya Miss UNATEK nabimwe mu bihembo1

    17 septembre 2009

    ABATEGUYE IGIKORWA CYA MISS UNATEK UNATEK NIYITEGEKA Ally (0788412361) UWINGABIRE Année KARASILA Jean Claude NGARAMBE Laurent (umwarimu) MUGENZI Leon (umwarimu) Mubihembo bitandukanye ni uko miss azahembwa kurihirwa umwaka wose igisonga cyambere kisahembwa...

  • Ese kwizihiza iminsi mukuru byaba ari ngombwa? Ni iyihe nkomoko yayo?

    01 janvier 2011

    Muri iyi minsi twitegura kwizihiza iminsi mikuru isoza umwaka, hari abantu bamwe bahamya ko iminsi mikuru atari ngombwa kuyizihiza ndetse hakaba hari n’abavuga ko ari imihango ya gipagani. Ariko se wowe niko ubibona? Aha turabagezaho bimwe mubyo twagiye...

  • USA: Bagiye mu myigaragambyo ku magare bambaye ukuri

    10 octobre 2010

    Mu mujyi wa Philadelphia mu USA, abantu barenga ijana baherutse gukora urugendo ku magare mu myigaragambyo yo kwamagana abangiza ibidukikije bambaye ukuri izuba riva. Iryo bara ryabaye kuri iki cyumweru gishize, aho aba bantu baranyuraga mu nzira zitandukanye...

  • Ingurube zo kwa Nyirangarama zisigaye zifite umu DJ!

    10 octobre 2010

    Mu bucuruzi bukorerwa aho bita kwa Nyirangarama, hagaragara ibintu byinshi kandi byiza nk’umutobe w’amatunda witwa Agashya, urusenda ruzwi ku izina ry’Akabanga, inyama zokeje neza kandi ziryoshye n’ibindi. Gusa ubu noneho ibanga ryo kugira ibicuruzwa...

  • Ingaruka zo gushaka abagore benshi.

    08 mars 2010

    Kera mu muco nyarwanda byari byemewe gushaka abagore benshi. Umwami ubwe n'abatware bagiraga abagore benshi, gutunga abagore byari icyubahiro kandi byagwizaga umuryango vuba mu gihe byari bikenewe kuko abana benshi n'imiryango byari ubwishingizi iyo iminsi...

  • Umwe mu bahungu bavukana na Perezida Barack Obama yatangaje ko ise yajyaga amuhohotera we na nyina

    06 novembre 2009

    Mark Ndesandjo avukana na Perezida Obama kuri se ,naho nyina umubyara yari umugore wa gatatu wa Obama(wabyaye Mark na Perezida Barack Obama).Obama yataye nyina wa Mark igihe Perezida Obama yari agifite imyaka ibiri gusa. Mu gihe yari agiye gushyira ahagaragara...

<< < 1 2 3 4 5 6 7 8 9 10 > >>