Top articles
-
UBUKWE BUDASANZWE
UBUKWE BUDASANZWE Mugihugu cya Afrika y’epfo mu ntara ya KwaZulu-Natal umunyemari Milton Mbele w’imyaka 44 kuri icyi cyumweru tariki ya 05/10/2009 afite ubukwe aho agomba kurongora byemewe n’amategeko doreko mu muco w’abazulu byemewe ariko akaba aribwo...
-
Ku nshuro ya mbere facebook yarushije google gusurwa cyane muri Amerika
Ibi nyuma yo gushakishwa imyaka myinshi na nyiri facebook Mark Zuckerberg agerageza ko facebook yajya imbere y’urubuga google muri websites zisurwa cyane muri Amerika, ubu yabigezeho nk’uko byakomeje gutangazwa n’ikigo gishinzwe gucunga uko site zitandukanye...
-
Ubudage : Umujura yasinziriye ari kwiba akanguka yambaye amapingu
Umusore w’ imyaka 26 ntiyumvaga neza ibiri kumubaho ubwo yakangukaga agasanga yambaye amapingu. Uwo musore w’ umudage yari yagiye kwiba ikigo kigira inama abashaka akazi ahitwa Ahaus mu gihugu cy’ U Budage. Bimwe mu byo yashakaga kwiba birimo za mudasobwa,...
-
Microsoft yashyize ahagaragara Windows Phone 7
Nkuko twari twabibabwiye, kuri uyu wa mbere tariki ya 11 Ukwakira2010 Microsoft yashyize ahagaragara operating system yayo nshya yagenewe gukoreshwa kuri telephone zigendanywa, iyo operating System ikaba yaritswe Windows Phone 7. SmartPhone za mbere ziyikoresha...
-
Caféine yaba itera akanyabugabo mu mitekerereze kimwe no ku mubiri.
Muri iki cyumweru turimo turangiza, muri Royaume uni, mu nama y’abahanga muri siyansi ijyanye na siporo yaberaga i Londres, umushakashatsi wo muri kaminuza ya Coventry aherutse kwerekana ibyavuye mu nyigo ze ko caféine yaba itera akanyabugabo mu mitekerereze...
-
Nyuma y’imyaka hafi 100 apfuye, yashyinguwe mu cyubahiro
Nyuma y’Imyaka 100, Umuhinzi witwa Richard Dibben wo mu gihugu cy’u bwongereza yabashije gushyingura Nyirarume we witwaga Harry Dibben, wapfuye mu mwaka wa 1916 aguye ku rugamba rwabereye ahitwa Fromelles. Harry Dibben yavukiye i Buckland Newton, mu Bwongereza....
-
Ibintu 8 umuhungu cyangwa umugabo agomba kumenya igihe asohokanye n’umukunzi we bwa mbere…
Mu by’ukuri iri ntabwo ari isomo abantu bagakwiye gufatira hano, ahubwo ushatse wakwibariza inshuti zawe uko zibigenza, sibyo se? ariko wenda ku rundi ruhande wasanga izo nshuti zawe ariyo mpamvu zabuze abakunzi! Gusa muri iyi minsi ibintu byarahindutse...
-
Rumaniya : Yababajwe no kwakwa inshuti ze magara (intare) yororeraga iwe
Owner Lorian Galceau yababajwe bidasubirwaho no kunyagwa intare yari yariyorereye. Yazifaga nk’inshuti ze magara, dore ko yazororeraga mu busitani bwe kuva zikiri utwana. Nyuma y’uko polisi ibonye amakuru menshi avuga ko hari inyamaswa ziri mu rugo rwa...
-
Uganda: Mu gihe gito, Museveni arakura akayabo ka miriyoni 40 z’ amashiringi mu ndirimbo ye “Mpenkoni”
Mu gihe yayihimbaga agira ngo yireherezeho urubyiruko ruzabashe kumuhundagazaho amajwi mu matora ateganijwe mu mwaka utaha, Perezida wa Uganda Museveni ngo agiye kubona akayabo k’ amashiringi mu ndirimbo ye “Mpenkoni”. Nk’ uko amakuru dukesha The Monitor...
-
Mullah Omar umwe mu bayobozi b 'abatalibani asanga intsinzi yabo yegereje.
Nubwo OTAN yongeye umubare w'ingabo zayo mu gikorwa cyo kurinda umutekano muri Afghanistan, umukuru w’abatalibani Mullah Omar arasanga intsinzi y’abatalibani yegereje ndetse OTAN ntacyo yagezeho. Mu itangazo rye, Omar yahamagariye perezida wa Amerika...
-
USA : Umugore yamishe amashereka ku mupolisi
Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, umugore yamishe amashereka ku mu-oficier w’umupolisi, nk’uko tubikesha Zigonet. Mu nzira nyabagendwa, i Kentucky, ho muri leta Zunze ubumwe za Amerika, ni ho Mme Toni Tramel yafatiwe, akaba ashinjwa kuba yamishe amashereka...
-
UMUJINYA NI IKI ?
Umujinya ni rimwe mu marangamutima umuntu agira bitewe no gukomereka ku mutima, kubura ikintu, kurakara n’ibindi. Ubundi umujinya akenshi ni wo ugaragaza umuntu uwo ari we n’ubunyangamugayo bwe. Twifashishije Wikipedia kugira ngo tubashe gusobanukirwa...
-
NEW LIGHT BOYZ CREW
NEW LIGHT BOYZ CREW Haracyari undi muhango wo kwimika inizho nkuru! Ndetse na launch ya album (lyrics) muri Green Room. DJ ERIC FETE Y’AMANIZHO MURI ETO Ni kuri uyu wagatandatu ubwo bamwe mubagize amanizho ya ETO barimo basezera kuri bagenzi babo aho...
-
Igitekerezo : Namusabye gatanya antegeka kumuterura ukwezi kose
Ijoro rimwe ubwo nari ntashye, umugore wanjye ashyashyana anzanira ifunguro rya nimugoroba, namufashe akaboko ndamubwira nti ” Hari icyo nashakaga kukubwira”. Aricara, afata ifunguro anteze amatwi atuje. Mwitegereje, mbona andebana indoro yuzuyemo agahinda....
-
Bometse umwana ku gikuta baramufotora
Mu mujyi wa Nebraska, Jayla Hamm umubyeyi w’imyaka 18 hamwe n’inshuti ye Corde Honea w’imyaka 19 batawe muri yombi kuri iki cyumweru bazira kuzirika umwana w’uruhinja w’amezi 22 ku gikuta bakamufotora. Nk’uko ikinyamakuru Daily News dukesha iyi nkuru...
-
Burya kwibagirwa bikabije mu zabukuru si ibisanzwe ahubwo ni uburwayi bwitwa « ALZHEIMER »
Akenshi abageze mu zabukuru baribagirwa cyane tukavuga duti ni ko bigenda, ni ibisanzwe n`ibindi nk`ibyo, nyamara si ibisanzwe ahubwo ni uburwayi, uretse ko akenshi usanga ubwo burwayi bwibasira koko abageze mu zabukuru. Indwara ya « Alzheimer » ni indwara...
-
Ese ni gute wamenya ko Imyitwarire yawe ihwitse ?
Kimwe mu bifasha umuntu kubaho neza ni urukundo. Habaho abantu bakundwa cyane, ndetse n’abantu benshi(sympatique). Hakabaho n’abandi usanga badakunzwe habe na gato (antipatique). Ibi ni ibintu bihabo mu buzima. Ese aho ntibyaba biterwa nawe? Ese imyifatire...
-
Umuririmbyikazi Celine Dion, inda yari atwite yavuyemo!
Umuhanzikazi w’icyamamare Céline Dion yagize ibyago byo gukuramo inda (fausse couche) kuri uyu wa gatatu tariki 11.9.2009, nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru ‘In Touch’ cyo muri U.S.A. Mu kwezi kwa munani, nibwo Céline Dion yari yatangaje ko atwite, akaba...
-
Umuntu wa mbere ubyibushye ku isi
Umuntu wa mbere ubyibushye ku isi ni Umwongereza apima ibiro 445, atuye mu gace bita Ipswich, mu gihugu cy’Ubwongereza. Yitwa Paul Mason yamenyekanye cyane mu mwaka wa 2002 nyuma y’aho abazimya muriro (pompiers) bashakaga kumukura mu nzu yabagamo nyuma...
-
Umukinnyi Baby Elias Uzamukunda ameze neza muri ruhago mu ikipe ya As Cannes
Umukinnyi rutahizamu w'umunyarwanda ukina mu ikipe ya As Cannes mu gihugu cy'Ubufaransa, ameze neza nkuko tubikesha urubuga rw'itumanaho rwa internet (web site) y’iyo kipe yo mu kiciro cya Gatatu muri icyo gihugu. Uyu musore rero akaba yaragiye muri iy'ikipe...
-
Ubutaka ntibugikenewe mu guhinga!!!
Uruganda rwita PowerPlant rwatangiye kugurisha akamashini wahingwamo ibimera utagombye gushaka ubutaka. Ako kamashini kakozwe mbere n'ikigo cy'abanyamerika gikora ubushakashatsi mu bijyanye n'ikirere, NASA, ku mpamvu z'abantu bajya mu kirere bakamarayo...
-
Ukuri ku kurohama k’ubwato Titanic kwashyizwe ahagaragara.
Bamwe bakomeje gutekereza ko ubwato Titanic bwarohamye kubera umuvuduko mwinshi, bigatuma umuderevu w’abwo abona iceberg akererewe ntacyo akibikozeho. Ariko ngo siko biri kuko mu gitabo cy’umukobwa w’umu officer wungirije w’ubwo bwato yemeza ko ari ikosa...
-
Georges Washington, Perezida wa mbere wa Amerika, afitiye imyenda isomero rya New York!
Iyo Georges Washington aba akiriho kuri uyu munsi, yari kuba arimo akayabo k’amadolari y’amande isomero ry’umujyi wa New York kubera ibitabo atigeze atirura. Inzu y’isomera ya kera kurusha izindi i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yerekanye...
-
Yaciye agahigo mu gufotora abantu benshi bambaye ubusa
Abantu bakomeje gukora agashya ari nako bandika amateka yabo bwaba mu buryo busanzwe ndetse no mu buryo budasanzwe. Ku cyumweru gishize twababwiye ko muri Grande Bretagne habereye amarushanwa yo kwihagarika inkari zinuka kurusha izindi maze umunuko wazo...
-
UMUNTU AHUMBAGUZA INSHURO ZIGERA KU 10.000 KU MUNSI
Guhumbaguza bikorwa n’uruziga rukikije ijisho, ni uruziga rworoshye cyane kandi rusabwa byinshi, akaba arirwo ruhita rwerekana ko umuntu yashaje, naho yaba yashaje imburagihe. Ni narwo kandi ruhita rwerekana ko umuntu ananiwe cyangwa se yakoze akazi kenshi...