Top articles
-
UBURYO BWO KWANGA KUBA INSHUTI Y'UMUHUNGU CYANGWA
Niba kanaka cyangwa nyirakanaka yifuza ko mwaba inshuti mukarambagizanya ariko ukaba utabishaka kubera impamvu zinyuranye, ushobora kumwangira , ariko ukabikora mu ikinyabupfura ku buryo utamubabaza umutima, ngo umusuzugure ubimwereke cyangwa umutarange....
-
MU GIHUGU CY’U BUHINDE: DIREGITERI W’AMASHURI UFITE IMYAKA 16!
Babar Ali, ni we muntu ku isi ufite imyaka mike kandi akaba ayobora ikigo cy’amashuri, akomoka mu gihugu cy’ U Buhinde. Ayobora ishuri ry’abanyeshuri 800. Ku myaka 16 gusa, uyu musore ukomoka mu mujyi wa Murshidabad muri Leta ya Bengale mu gihugu cy’...
-
Barack Obama ari gufata amasomo mu njyana ya Hip Hop
Mu rwego rwo kugirango abashe kujyana n’igihe tugezemo, aho azajya abasha kuganira n’abajene akabasha kumva ibyo bavuga na byinshi ku buzima bwabo, perezida w’Amerika Barack Obama muri iki gihe ntagitana no kumva muzika yo mu gihe tugezemo, by’umwihariko...
-
Jeux videos ku bana b’abahungu zituma basubira inyuma mu bwenge
Kuri ubu jeux videos cyangwa se playstation ni imikino igezweho cyane ndetse igenda itera imbere kuko haba hari udushya buri gihe , bigatuma abayikunda barushaho kuyitabira. Ariko buriya yaba igira ingaruka mbi mu mitekereze y’umuntu cyane ku mwana muto...
-
Yanze guhara icyuma cye cy'umuziki
Icyuma cy'umuziki cya Papa uherutse gutorwa ku izina rya Benedigito XVI yanze kugihara. Icyo cyuma cya Piano ni kimwe cya rutura none kubera ubunini bwacyo cyabuze aho kinyuzwa ngo kigere mu nzu Papa Benedigito XVI agomba guturamo igenewe abapapa. Abantu...
-
BIMWE MU BYAHA CYANGWA IBIKORWA BIBI BIKORERWA KU MURONGO WA INTERINETI.
U Rwanda rumaze gutera imbere mu byerekeye ikoreshwa rya interineti, ni muri urwo rwego runagerageza kongera umuvuduko wayo hakoreshwa ikoranabuhanga rya fibre obtique cyangwa fiber optics, bityo bikazatuma tubasha kubona serivisi zihuta kandi n'ihererekanyamakuru...
-
Umugore ufite umugono ukabije ku isi
-Umugabo we yarimutse kubera icyo kibazo! Jenny Chapman w'imyaka 60 utuye mu Bwongereza, kugeza ubu nta kintu ataragerageza kugira ngo agabanye uburyo agonamo iyo aryamye: Ibinini, udukoresho bita serre-nez, yewe yanatekereje ku kuba yakwibagisha izuru...
-
PROMISES
I promise to give you the best of myself and to ask of you no more than you can give. I promise to respect you as your own person and to realize that your interests, desires and needs are no less important than my own. I promise to share with you my time...
-
YAMUSOMEYE MU RUHAME
Umunyarwanda yaritonze aravuga ati Bagabo Barabona yahetse imbwa iramuruma. Ngirango uwo munyarwanda yabivuze yabanje guhura n’utubazo tutoroshye... Uyu mugabo rero witwa Richard Gere ukina za Film muri America yari yagiye mu gihugu cy’ubuhide kuvuga...
-
Amayobera 5 y'urukundo
1. URUKUNDO NO KUBENGUKA Hari igihe umuntu areba undi akumva aramubengutse.Agahita abyitiranya n'urukundo.Kwinjira mu rukundo ngo ni uko uhise umubenguka wenda kubera isura ye cyangwa imyambarire bishobora kuguhuma amaso ugategereza ku mukunzi wawe no...
-
Kiliziya gatolika iri kureba niba habaho ibindi biremwa bifite ubwenge bitari abantu (extraterrestres).
Ibi Vatican yabyizeho mu nama y`iminsi itanu iheruka iri kureba koko niba ibyo biremwa bakunze kwita extraterrestres byaba bibaho ndetse n`ingaruka byagira kuri kiliziya ndetse no ku myemerere. Iyi nama ikaba yarahuriyemo abanyabwenge basaga 30 kugirango...
-
UKO UMUSORE N’INKUMI BIYUBAHA BAGOMBA KWITWARA MU RUHAME
Aha bamwe ikibazo bakwibaza bwa mbere ni “ wowe se ibi urabivuga nka nde?” Mu gusubiza iki kibazo cyiza navuga ko ndi umusore, bityo ibiri buvugwe nanjye birandeba. Ntabwo ndi buvuge uko mbibona, ahubwo ndifashisha abakuru banyuze mu gihe abajene turimo,...
-
GENOCIDE in Rwanda
The first massacres in Rwanda took place in 1959. Thereafter, almost in a regular manner, killings of the Batutsi became a common practice. In the 1960s, 1970s, 1980s and early 1990s massacres of Batutsi were common. Between April and July 1994, over...
-
Australie : Indirimbo zikunzwe cyangwa indirimbo z’amakipe ya siporo ntizizongera kuririmbwa mu gushyingura
Amasengero atandukanye yo muri Australiya amaze kwemeza ko nta hantu na hamwe hazongera kujya haririmbwa indirimbo zikunzwe nka Rock, Pop cyangwa izindi, cyangwa se ngo habe haririmbwa indirimbo zubahiriza amakipe ya Siporo nka Foot n’izindi, mu gihe...
-
ishuro nyinshi yagiye agera muri paradizo
Muri Indonesia, umugabo w’imyaka 70 ngo yasobanuye ko ishuro nyinshi yagiye agera muri paradizo, nyamara aho kugira ngo ayobokwe avuge n’uko ajyayo, ahanishwa igifungo cy’umwaka umwe w’igifungo, kuko ngo ibyo ni sakirirego ku idini ya Islam. Ngo uwo mugabo,...
-
Ubukene bw'amafaranga hari igihe butorohera abagabo...
Mu munsi ishize mu gihe cy’itangira ry’amashuli dore ko ababyeyi benshi bari bataye umutwe nk’uko bisanzwe bigenda iyo amashuli ageze igihe cyo gutangira. Umugabo rero yakuviriye mu mujyi ari muri Coaster yajyaga Kimironko ariko isi igomba kuba yari yamusize....
-
!GUKORESHA NABI SAUNA BISHOBORA GUTERA INGARUKA MBI KU BUZIMA BW’UMUNTU!
Abantu benshi bajya muri sauna no mu byumba bakarabamo umwuka ushyushye(bain de vapeur) maze bagatutubikana cyane bigatuma umubiri wabo uruhuka , ariko ntibasobanukirwa ibyiza byabyo ndetse n’ingaruka bishobora kugira ku buzima bwabo mu gihe bikozwe nabi....
-
AMATEKA Y'AGAKINGIRIZO
Guhuza ibitsina abantu bakoresheje agakingirizo si iby'ubu gusa, kuva na kera cyane abantu bahoze batinya ingaruka bashobora gukura mu guhuza igitsina nta agakingirizo. 1000 A.J.-C(mbere y'ivuka rya Yezu/Yesu):Ahagana mu 1000 mbere y'ivuka rya Yezu, hari...
-
AMOKO 5 Y'URUKUNDO
1. GUSENGA UWO UKUNDA Muri ubu bwoko bw'urukundo, uwo ukunda umushyira hejuru cyane, ukamuvana mu buzima busanzwe, akakubera nk'ikigirwamana,ukamusenga. Amakosa ye n'intege nke ze ntubibona cyangwa ubirenza imboni ubireba kugira ngo ukomeze umwisengere....
-
Three things in life
Three things in life that, once gone, never come back 1. Time 2. Words 3. Opportunity Three things in life that can destroy a person 1. Anger 2. Pride 3. Unforgiveness Three things in life that you should never lose 1. Hope 2. Peace 3. Honesty Three things...
-
Amoko agera ku 20.000 y’ibinyabuzima biba mu mazi yaravumbuwe
Ibarura ry’ibiba mu mazi riherutse kuba, ryatumye amoko agera ku 20.000 mashya amenyekana. Ibyavuye muri ubu bushakashatsi bwamaze imyaka irenga icumi byashizwe aharagara i Londres mu Bwongereza mu gihe 1/5 cy’inyanja kitarakorwaho ubushakashatsi. Mu...
-
Ntibisanzwe: Uruhinja rw’amezi 11 y’amavuko rufite ingano y’umwana w’imyaka 8
Iki kibondo gifite amezi 11 y’amavuko ariko iyo ukibona gifite ingano y’umwana w’imyaka 8. Uru ruhinja rw’inkorokoro rupima akayabo k’ibiro 28 byose ku mezi 11 amaze ku isi! Yambikwa ibyahi (Pampers) bini cyane bikabije, nkuko tubikesha ikinyamakuru The...
-
KUKI ABAKOBWA BAKUNDA ABAHUNGU BAHUZA IBITSINA HAGATI YABO?
- Abakobwa bakundira aba-gays ko batari violent - Abakobwa bakunda ko aba-gays bashobora kubasobanukirwa kurusha abandi bahungu basanzwe. - Isomo ryiza twakura ku bahungu nk’aba ni… Ubuzima tubayeho muri iki kinyejana cya 21 sibwo ababyeyi bacu babayeho...
-
Radio IZUBA yabonye abayobozi bashya
Radio Izuba ni radio y’abaturage yigenga ikorera mu ntara y’iburasirazuba mu karere ka ngoma. Murwego rwo kuvugurura imikorere yabonye abayobozi bashya aribo: · Mr. Erick KAYIHURA umuyobozi mukuru wa radio(Director) wasimbuye muzehe Amabilisi SIBOMANA...
-
La beaute des Maths
1 x 9 + 2 = 11 > 12 x 9 + 3 = 111 > 123 x 9 + 4 = 1111 > 1234 x 9 + 5 = 11111 > 12345 x 9 + 6 = 111111 > 123456 x 9 + 7 = 1111111 > 1234567 x 9 + 8 = 11111111 > 12345678 x 9 + 9 = 111111111 > 123456789 x 9 +10= 1111111111 > > 9 x 9 + 7 = 88 > 98 x 9 +...