Top articles
-
Ngoma: Mutabaruka Yohani yibye umwana w’umukobwa amuhisha mu ikoti
Mutabaruka w’imyaka 32 y'amavuko, afungiye kuri cyicaro cya Polisi i Remera mu Karere ka Ngoma, akurikiranyweho icyaha cyo kwiba umwana w’umukobwa w’ imyaka ibiri banamusangana icupa rya kanyanga. Mutabaruka yibye uyu mwana amusanze ku irembo ry’iwabo...
-
Ubwo yageragezaga gutoroka, umukobwa yatengushywe n 'ipantaro irahagama yambara ukuri
Ubwo yari akimara kwiba akagerageza gutoroka abashinzwe umutekano, ipantalo ye nayo yaramuhimye ivamo iby'ibyinyuma bijya i musozi. Umukobwa w’umwongereza uzobereye mu kwiba, yamaze kwiba ahita ayabangira ingata. Abashinzwe umutekano bamwirutseho arabacenga...
-
Abagabo na bo ngo baba bacura (Menopause/Andropause)
Iyo tuvuze gucura ku mugore ubundi ntihumvikana kurekeraho kubyara gusa, ahubwo hari n’ibindi bintu usanga bihinduka muri we. Harimo kugira ubushyuhe bwinshi, cyangwa se ibyunzwe, aho usanga ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina bugabanyuka cyane,...
-
Umwana w’imyaka 17 yateje ibibazo Twitter
Izina @zzap kuri benshi ntacyo ribabwiye, nyamara niryo umusore w’imyaka 17 ukomoka mu gihugu cya Ostraliya witwa Pearce Delphin yakoreshaga, akaba ndetse ariwe wateje ibibazo byose Twitter yahuye nabyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 21 nzeri uyu mwaka....
-
Icyobo cya météorite cyavumbuwe hifashishijwe Google Earth
Mu Misiri, haherutse kuvumburwa icyobo cya météorite n’abahanga, bakaba barakoresheje porogaramu Google Earth… Iki cyobo cyitwa Kamil gifite metero 16 z’ubujyakuzimu na metero 46 z’ubugari. Ubushakashatsi bukaba bwerekana ko cyaba cyaratewe n’urubuye...
-
Uburyo bune umuntu atakaza umwanya
- Kutagira icyo ukora na mba (rester sans rien faire); - Gukora icyo utagomba gukora; - Gukora icyo umutima ukubuza (faire quelque chose à contre-cœur); - Kwimurira ejo icyo wagombye gutunganya uyu munsi; Tumaze kumenyera imvugo ngo “Time wasted never...
-
Umugabo wapfuye akazuka
Ibintu bidasanzwe byabaye muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika aho umugabo witwa Terry Willis w'imyaka 58 yapfuye akazuka. Uko kuzuka kwa Terry kwateye akajagari muri icyo gihugu, dore ko n'ibinyamakuru byaho byose byahise bijya aho mu bitaro aho uwo mugabo...
-
U Bufaransa: barokowe inkongi y’umuriro biturutse ku mbwa! ! !
Nk’uko tubikesha urubuga Le Post, muri week-end ishize ahitwa Fontès mu Bufaransa hadutse inkongi y’umuriro, ikaba yaratangiriye aho baparika imodoka. Uwo muriro wakomeje gukwira kandi mu buryo bwihuse ku buryo wageze no ku nyubako yabagamo imiryango...
-
Joseph HABINEZA (Joe) ntakiri Minisitiri w’Umuco na Siporo
uva ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri taliki ya 15 Gashyantare 2011, Bwana HABINEZA Joseph (Joe) ntakiri Minisitiri w’Umuco na Siporo muri Guverinoma y’u Rwanda. Itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Intebe Nyakubahwa Bernard Makuza ubwe kuri...
-
'Ibigarasha' niryo zina ryahawe abanyeshuli bashya baje muri Kaminuza Nkuru y’ U Rwanda
'Ibigarasha' niryo zina ryahawe abanyeshuli bashya baje muri Kaminuza Nkuru y’ U Rwanda posted on Dec , 30 2010 at 14H 53min 37 sec viewed 5618 times Uko umwaka ushize undi ugataha muri Kaminuza Nkuru y’ U Rwanda baha izina abanyeshuli bashyashya baba...
-
Indege za Air Algérie zaba zigihe kubuzwa kuguruka i Burayi…
Itangazamakuru ryo mu gihugu cya Algérie rimaze igihe kitari kinini rivuga ko indege za Air Algérie zishobora guhagarikwa kuguruka mu kirere cy’i Burayi… Kuva tariki 30 Kanama, itangazamakuru ryo mu gihugu cya Algérie rimaze igihe ryiganjemo imitwe y’inkuru...
-
Perezida Obama akomeje gusoma amabaruwa amutuka!
Barack Obama, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, akomeje gusoma amabaruwa yandikirwa n’abantu batandukanye. Nk’uko yabyivugiye we ubwe ubwo bamusobanuzaga, yatanagaje ko akomeje gusoma amabaruwa yoherezwa muri Maison Blanche ariko ngo agasanga...
-
IMPAMVU BURYA ABAKOBWA BAKUNDA ABAHUNGU
Uburyo bagukora mu musatsi Uburyo bakureba ukumva wishwe n'iyo ndoro Uburyo bakuzengurutsa amaboko Uburyo baguhanagura amarira Uburyo basazwa no kutarangiza ibibazo byawe Uburyo bakurata mu nshuti zabo Uburyo amaso yabo acana iyo uhingutse Uburyo bazi...
-
U Buhindi : Umugabo yashyize ingufuri ku gitsina cy’umugore we
Sohanlal Chouhan ari mu maboko ya Polisi mu gihugu cy’u Buhindi aregwa ko yategetse umugore we kwambara icyo yise umukandara w’ubumanzi, ndetse aba ari nawe uwumwiyambikira. Uyu muryango utuye ahitwa Sanyogitaganj mu Midugudu ya Indore mu gihugu cy’u...
-
Inzovu ntizitinya imbeba, ariko zitinya byimazeyo udusimba duto cyane nk’inshishi
Ubushakashatsi bwakozwe ku byo inzovu zitinya, bwagaragaje ko inzovu zaba zitinya udusimba duto duto nk’inshishi, imiswa n’utundi duto cyane. Utu dusimba rero turinda n’ibihingwa bimwe na bimwe ko inzovu zabyangiza kuko iyo inzovu yerekeje umutonzi wayo...
-
Groupe EAST-C isanga umuziki usaba amikoro ahambaye!!
Groupe EAST-C isanga umuziki usaba amikoro ahambaye!! Groupe EAST-C ku batabazi tubanze tubabwire ko ari itsinda ry’abasore batatu aribo MUSHUMBA Bruce a.k.a. BMC, (uyu akaba ari na Presenter kuri radio izuba mu kiganiro IZUBA SHOWBIZ), KAGIRIGI (2gi)...
-
Abanyaburayi ba mbere baryaga bagenzi babo
Ubushakashatsi buheruka gushyirwa ahagaragara ku bumenyi bw’uko abantu ba kera babagaho, bwakozwe n’abagabo babiri José Maria Bermudez da Castro na Eudald Carbonell mu matongo ya Atapuerca mu gihugu cya Espagne bwagaragaje ko abantu ba kera b’i Burayi...
-
Abanyarwanda bari kunyagwa email zabo mu buryo batazi hagamijwe kuzibyaza amafaranga
Hashize iminsi mpura n’abantu bafite ikibazo ko email yabo na password cyangwa mot de passe byibwe, hanyuma nyirukubyiba akoherereza ubutumwa ku bantu bose b’inshuti za wa muntu abasaba ko bamwoherereza amafaranga, kubera impamvu nyinshi zitandukanye,...
-
Abakinira imikino kuri interneti bibasirwa n'abanyabyaha bo kuri interneti kurusha abandi
Uruganda rusobereye mu gukora antivirusi, Avast, rwatangaje ko abakinira imikino kuri interneti bibasirwa bikabije n’abakorera ibyaha kuri interneti. Iyo sosiyete yashize ahagaragara ikigereranyo kigaragaza imbuga ngari(web site) zikinirwaho imikino kuri...
-
Philippines : Uruhinja rwatoraguwe muri Poubelle (aho bamena imyanda) yo mu ndege ari ruzima
Muri Philippines haravugwa inkuru y’umwana w’uruhinja watoraguwe muri pubeli (Poubelle), aho bamena imyanda yo mu ndege, uyu mwana ngo akaba yari ameze neza nta kibazo icyo ari cyo cyose afite. Mu gihe rero iyi ndege yagwaga ku kibuga cya Manille, nta...
-
Yahishe urumogi mu gakapu k'umwana
Ahitwa Pennsylvanie ho muri Leta Zunze Ubumwe za America umugabo aherutse gukora ikosa rikomeye cyane ryo guhisha Ibiyobyabwenge (Marijuana) mu gahago umwana we yari agiye kujyana kw’ishuri. Abayobozi ba Pennyslivanie batangaje ko uyu mugabo yaba yarashakaga...
-
Bamwe mu bagabo basimbuje agatama igitsina
Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara mu bwongereza buragaragaza ko abantu bangana na 13% baba bareka gukora imibonano mpuzabitsina bagahitamo kwifatira ku gatama. Ubushakashatsi bwakozwe n’urubuga ntangazamakuru Limelife, ngo abagabo n’abagore baba babasha...
-
Banze kubashyingura, bategereje ko bazuka
"Barasinziriye, oya ntibapfuye", aya ni amwe mu magambo umushumba mukuru w'itorero ryitwa Kingdom Seekers Fellowship (KSF) rihererye mu burengerazuba bw'igihugu cya Kenya i Nakuru ariwe Apostle Kimani , yahereye kuwa Mbere w'icyi cyumweru avugira ku mirambo...
-
Wari uziko indodo zigira akamaro kanini mu ku kurinda indwara z'amenyo?
Abantu benshi bazi ko koza amenyo inshuro ebyiri ku munsi no kwihaganyura nyuma yo kurya inyama bihagije kugirango birinde indwara z’amenyo.Ibi bituma akenshi badatekereza ku kamaro k’ indodo zagenewe koza amenyo. Nkuko tubikesha ikinyamakuru dailymonitor...
-
50 CENT YASOHOYE PARFUM NSHYA IGURA AMADOLARI 50 N’AMACENT 50
Umuhanzikazi w’icyamamare Céline Dion yagize ibyago byo gukuramo inda (fausse couche) kuri uyu wa gatatu tariki 11.9.2009, nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru ‘In Touch’ cyo muri U.S.A. Mu kwezi kwa munani, nibwo Céline Dion yari yatangaje ko atwite, akaba...