BUMWE MU BURYO WAKWITABAZA KUGIRA NGO UBASHE GUKURA VIRUSI MURI MUDASOBWA YAWE
Mu Rwanda hamaze igihe hasakuza ijambo virusi. Si mu Rwanda honyine, n’ahandi ni uko. Ibi noneho bikaba bimaze kuba nk'umuco, umuntu aba akigura imashini (Computer), ejo ati “virusi zimereye nabi”. Mbere yo kubabwira uburyo wakura virusi muri mudasobwa...