Umwe mu bahungu bavukana na Perezida Barack Obama yatangaje ko ise yajyaga amuhohotera we na nyina
Mark Ndesandjo avukana na Perezida Obama kuri se ,naho nyina umubyara yari umugore wa gatatu wa Obama(wabyaye Mark na Perezida Barack Obama).Obama yataye nyina wa Mark igihe Perezida Obama yari agifite imyaka ibiri gusa. Mu gihe yari agiye gushyira ahagaragara...