Akaboga k’injangwe ngo kaba karyoha bidasanzwe
Muri iyi minsi abahanga mu kurya bakomeje kuvuga ko hari ibyo abantu baziririza kandi biryoha. Muri bo harimo n’abantu bo ku Gisenyi mu mudugudu wa Gihira Akagari ka Gisa mu Murenge wa Rugerero wo mu Karere ka Rubavu bariye injangwe barangije bakangurira...